•     

Uhuru kenyatta yaciye amarenga ko ashobora kwifatanya na Odinga mu gukuraho Perezida Ruto.

Uwahoze ari Perezida wa Kenya Uhuru kenyatta yaciye amarenga ko ashobora kwifatanya na Odinga mu gukuraho Perezida Ruto ni nyuma yaho atangarije ko igihe cyose Odinga ya mubwira ko amucyeneye yiteguye ku gendana nawe

Uhuru kenyatta yaciye amarenga ko ashobora kwifatanya na Odinga mu gukuraho Perezida Ruto.
Uhuru kenyatta yiteguye gushyigikira Odinga

Ibi yabitangaje kuri uyu wagatandatu 11 Gashyantare 2023 mu muhango wo gushyingura Uwahoze ari Minisitiri Mogaha.

Muri uwo muhango wo guherekeza bwanyuma Mogaha, Uhuru kenyatta yahawe umwanya maze atagira gutaka Raila Odinga ko ari umuntu ugira ukuri kandi niwe muntu wenyine wabanisha abanyakenya bakaba umwe, kandi ngo  nubwo atabaye Perezida mu matora aheruka muri 2022 kuriwe ngo ni amahitamo ye muri Poritike  kuba ashyigikiye Odinga, Ati" ndacyari umuyoboke wa Raila Odinga ambwiye ngo tujyende aho ariho hose niteguye kugenda".

Uhuru kenyatta na Raila Odinga 

Aha niho abakurikira Poritiki ya Kenya bavuze ko Uhuru kenyatta yaba yiteguye kuzashyigikira imyigaragambyo iriho itegurwa na Odinga yo gukura ku butegetsi Perezida William Ruto.

Mu bindi Uhura Kenyatta yagarutseho nuko ngo ataracika intege mu gushyigikira Odinga kuburyo ngo n'ubutaha aramutse yongeye kwiyamamaza mu matora yo muri 2027 yiteguye ku muba hafi.

Bagabo John

Uhuru kenyatta yaciye amarenga ko ashobora kwifatanya na Odinga mu gukuraho Perezida Ruto.

Uhuru kenyatta yaciye amarenga ko ashobora kwifatanya na Odinga mu gukuraho Perezida Ruto.
Uhuru kenyatta yiteguye gushyigikira Odinga

Uwahoze ari Perezida wa Kenya Uhuru kenyatta yaciye amarenga ko ashobora kwifatanya na Odinga mu gukuraho Perezida Ruto ni nyuma yaho atangarije ko igihe cyose Odinga ya mubwira ko amucyeneye yiteguye ku gendana nawe

Ibi yabitangaje kuri uyu wagatandatu 11 Gashyantare 2023 mu muhango wo gushyingura Uwahoze ari Minisitiri Mogaha.

Muri uwo muhango wo guherekeza bwanyuma Mogaha, Uhuru kenyatta yahawe umwanya maze atagira gutaka Raila Odinga ko ari umuntu ugira ukuri kandi niwe muntu wenyine wabanisha abanyakenya bakaba umwe, kandi ngo  nubwo atabaye Perezida mu matora aheruka muri 2022 kuriwe ngo ni amahitamo ye muri Poritike  kuba ashyigikiye Odinga, Ati" ndacyari umuyoboke wa Raila Odinga ambwiye ngo tujyende aho ariho hose niteguye kugenda".

Uhuru kenyatta na Raila Odinga 

Aha niho abakurikira Poritiki ya Kenya bavuze ko Uhuru kenyatta yaba yiteguye kuzashyigikira imyigaragambyo iriho itegurwa na Odinga yo gukura ku butegetsi Perezida William Ruto.

Mu bindi Uhura Kenyatta yagarutseho nuko ngo ataracika intege mu gushyigikira Odinga kuburyo ngo n'ubutaha aramutse yongeye kwiyamamaza mu matora yo muri 2027 yiteguye ku muba hafi.

Bagabo John