•     

Umugore uherutse kuzuka byarangiye apfuye burundu

Amerika y'Epfo: Nyuma y'iminsi itanu umugore witwa Bella Montoya yitabye Imana akazuka ubwo bari bagiye ku mushyingura, byarangiye noneho kuzuka bitagishobotse ahita apfa burundu

Umugore uherutse kuzuka byarangiye apfuye burundu
Nyuma y'minsi itanu azutse yitabye Imana burundu

Mu cyumweru gishyize nibwo hasohotse inkuru ivuga ku mugore witwa Bella Montoya witabye Imana hanyuma ubwo bariho basezera umurambo bwanyuma batungurwa no ku bona agihumeka

Icyo gihe bahise bihutira ku mutwra ku bitaro, bahita bamushyira mu cyumba k'indembe kizwi nka ICU

Yakomeje kwitabwaho n'abanga  ngo barebe ko baramira ubuzima bwe ariko birangira bitagishobotse ahita yitaba Imana burundu.

Uyu nyakwigendera wigeze kuba umuganga yitabye Imana afite imyaka 76, akaba yari atuye muri Ecuado.

Minisiteri y'Ubuzima yo muri Ecuado yatanganje ko Bella Montoya yitabye Imana azize uburwayi busanzwe.


Bagabo John

Umugore uherutse kuzuka byarangiye apfuye burundu

Umugore uherutse kuzuka byarangiye apfuye burundu
Nyuma y'minsi itanu azutse yitabye Imana burundu

Amerika y'Epfo: Nyuma y'iminsi itanu umugore witwa Bella Montoya yitabye Imana akazuka ubwo bari bagiye ku mushyingura, byarangiye noneho kuzuka bitagishobotse ahita apfa burundu

Mu cyumweru gishyize nibwo hasohotse inkuru ivuga ku mugore witwa Bella Montoya witabye Imana hanyuma ubwo bariho basezera umurambo bwanyuma batungurwa no ku bona agihumeka

Icyo gihe bahise bihutira ku mutwra ku bitaro, bahita bamushyira mu cyumba k'indembe kizwi nka ICU

Yakomeje kwitabwaho n'abanga  ngo barebe ko baramira ubuzima bwe ariko birangira bitagishobotse ahita yitaba Imana burundu.

Uyu nyakwigendera wigeze kuba umuganga yitabye Imana afite imyaka 76, akaba yari atuye muri Ecuado.

Minisiteri y'Ubuzima yo muri Ecuado yatanganje ko Bella Montoya yitabye Imana azize uburwayi busanzwe.


Bagabo John