•     

Umunyeshuri yiyahuye nyuma yaho ababyeyi be ba mufatanye urwandiko rw'umukunzi we

Muri Tanzania haravugwa Inkuru y'Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa mbere wa mashuri y'isumbuye yiyahuye nyumayaho ababyeyi be bamufatanye urwandiko yari yandikiye umukunzi we

Umunyeshuri yiyahuye nyuma yaho ababyeyi be ba mufatanye urwandiko rw'umukunzi we
Umunyeshuri yiyahuye nyuma yo kugirwa inama n'ababyeyi be ko yareka ibyurukundo

Intandaro y'urupfu rw'uyu munyeshyuri byaturutse kuba ababyeyi bamusanze amaze kwandikira umukunzi we urwandiko.

Ababyeyi bakibona urwo rwandiko bahise bamugira impanuro zuko yareka kujya mu byurukundo kuko akiri ku ntebe yishuri kuko bishobora gutuma arangara ntakurikirane amasomo ye neza nkuko bikwiye.

Uwo munyeshyuri ntiyanyuzwe nizo mpanuro ahubwo yahisemo kujya kwiyahura.

Umuyobozi wa Police mu ntara ya Pwani ACP Pius Lutumo 

Umuyobozi wa Police mu ntara ya Pwani ASC Pius Lutumo yemeje ayamakuru aho yavuzeko uwo munyeshuri yiyahuye buturutse ko ababyeyi bamubugije gukundana.

Bagabo John

Umunyeshuri yiyahuye nyuma yaho ababyeyi be ba mufatanye urwandiko rw'umukunzi we

Umunyeshuri yiyahuye nyuma yaho ababyeyi be ba mufatanye urwandiko rw'umukunzi we
Umunyeshuri yiyahuye nyuma yo kugirwa inama n'ababyeyi be ko yareka ibyurukundo

Muri Tanzania haravugwa Inkuru y'Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa mbere wa mashuri y'isumbuye yiyahuye nyumayaho ababyeyi be bamufatanye urwandiko yari yandikiye umukunzi we

Intandaro y'urupfu rw'uyu munyeshyuri byaturutse kuba ababyeyi bamusanze amaze kwandikira umukunzi we urwandiko.

Ababyeyi bakibona urwo rwandiko bahise bamugira impanuro zuko yareka kujya mu byurukundo kuko akiri ku ntebe yishuri kuko bishobora gutuma arangara ntakurikirane amasomo ye neza nkuko bikwiye.

Uwo munyeshyuri ntiyanyuzwe nizo mpanuro ahubwo yahisemo kujya kwiyahura.

Umuyobozi wa Police mu ntara ya Pwani ACP Pius Lutumo 

Umuyobozi wa Police mu ntara ya Pwani ASC Pius Lutumo yemeje ayamakuru aho yavuzeko uwo munyeshuri yiyahuye buturutse ko ababyeyi bamubugije gukundana.

Bagabo John