•     

Umwalimu wigishaga abanyeshuri ubutinganyi yatawe muriyombi na Polisi

Uganda: Umwalimu kazi w'umutinganyi wigishaga mu mashuri abanza utatangajwe amazina ye, yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho kwigisha abanyeshuri ingezo y'ubutinganyi.

Umwalimu wigishaga abanyeshuri ubutinganyi yatawe muriyombi na Polisi
Umwalimu kazi yatawe muriyombi azira kwigisha abanyeshuri ubutinganyi

Intandaro yabyose kugirango uyu mwalimu kazi bimenyekane ko yigisha abanyeshuri ubutinganyi,  byaturutse ku mugore wagiye gutanga ikirego kuri Polisi avuga ko uwo mwalimu kazi kuva yamugira umugore we ngo ntabwo amuha ibitunga urugo ahubwo amafaranga ayashora mu bakobwa baba nyeshuri bakiri bato.

Uyu mwalimu kazi ubwo yisobanuraga kuri Polisi yavuzeko uwo mugore ya muhaye igishoro ngo acuruze imbaho hanyuma amafaranga aka yirirara.

Mu mpera z'iki cyumweru, ababyeyi ba rerera kuri icyo kigo giherereye mu mujyi wa Jinja kizwi nka PMM, gi cumbikira abakobwa gusa,  bakoze igisa n'imyigaragambyo basaba ko abana babo bataha aho gukomeza kwigishwa izo ngezo z'ubutinganyi.

Ikinyamakuru daily Monitor cyanditse ko uwo mwalimu kazi ngo ubusanzwe yambara nkabagabo ndetse n'imyitwarire ye agenda nkabagabo.

Abo bana baba kobwa ashora mu butinganye ngo abashukisha Amshilingi 3400

Bagabo John

Umwalimu wigishaga abanyeshuri ubutinganyi yatawe muriyombi na Polisi

Umwalimu wigishaga abanyeshuri ubutinganyi yatawe muriyombi na Polisi
Umwalimu kazi yatawe muriyombi azira kwigisha abanyeshuri ubutinganyi

Uganda: Umwalimu kazi w'umutinganyi wigishaga mu mashuri abanza utatangajwe amazina ye, yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho kwigisha abanyeshuri ingezo y'ubutinganyi.

Intandaro yabyose kugirango uyu mwalimu kazi bimenyekane ko yigisha abanyeshuri ubutinganyi,  byaturutse ku mugore wagiye gutanga ikirego kuri Polisi avuga ko uwo mwalimu kazi kuva yamugira umugore we ngo ntabwo amuha ibitunga urugo ahubwo amafaranga ayashora mu bakobwa baba nyeshuri bakiri bato.

Uyu mwalimu kazi ubwo yisobanuraga kuri Polisi yavuzeko uwo mugore ya muhaye igishoro ngo acuruze imbaho hanyuma amafaranga aka yirirara.

Mu mpera z'iki cyumweru, ababyeyi ba rerera kuri icyo kigo giherereye mu mujyi wa Jinja kizwi nka PMM, gi cumbikira abakobwa gusa,  bakoze igisa n'imyigaragambyo basaba ko abana babo bataha aho gukomeza kwigishwa izo ngezo z'ubutinganyi.

Ikinyamakuru daily Monitor cyanditse ko uwo mwalimu kazi ngo ubusanzwe yambara nkabagabo ndetse n'imyitwarire ye agenda nkabagabo.

Abo bana baba kobwa ashora mu butinganye ngo abashukisha Amshilingi 3400

Bagabo John