•     

Yasabye Urukiko ko rwamureka akiyahura

Umukobwa witwa Noeila, utuye muri Espagne yasabye ko Urukiko ko rwamureka akiyahura, ni nyuma yaho se atambamiye ishyirwa mu bikorwa by'umwana we ushaka kuva kuri iyi si.

Yasabye Urukiko ko rwamureka akiyahura
Noeila arasaba Urukiko kumuha uburenganzira akiyahura

Uyu Noeila  ufite imyaka 23 y'Amavuko  yasabye Urukiko ko rwamuha uburenganzira bwo kwiyahura ku bushake, akareka kuruhanya n'iyi isi bitewe nuko agaragaza ko nubwo abana n'ababyeyi be ariko ngo ahora mu bwigunge n'agahunda gakabije bityo akaba yifuza ko Urukiko rwamuha uburenganzira agasezera kuri iyi si.

Noeila yagomba kuba yari yahuye muri Nyakanga 2024, ariko se ahita ajya mu rukiko atambamira ishyirwa mu bikorwa ry'uwo mugambi wo kwiyahura.

Urukiko rwavuze ko Noeila agomba kuzarwitaba akaza akagaragaza impamvu nyamukuru yifuza ko Urukiko rwamuha uburenganzira bwo kuva kuri iyi si.

Gusa ntabwo higeze hatangazwa igihe Noeila  agomba kwitaba Urukiko.

Bagabo John

Yasabye Urukiko ko rwamureka akiyahura

Yasabye Urukiko ko rwamureka akiyahura
Noeila arasaba Urukiko kumuha uburenganzira akiyahura

Umukobwa witwa Noeila, utuye muri Espagne yasabye ko Urukiko ko rwamureka akiyahura, ni nyuma yaho se atambamiye ishyirwa mu bikorwa by'umwana we ushaka kuva kuri iyi si.

Uyu Noeila  ufite imyaka 23 y'Amavuko  yasabye Urukiko ko rwamuha uburenganzira bwo kwiyahura ku bushake, akareka kuruhanya n'iyi isi bitewe nuko agaragaza ko nubwo abana n'ababyeyi be ariko ngo ahora mu bwigunge n'agahunda gakabije bityo akaba yifuza ko Urukiko rwamuha uburenganzira agasezera kuri iyi si.

Noeila yagomba kuba yari yahuye muri Nyakanga 2024, ariko se ahita ajya mu rukiko atambamira ishyirwa mu bikorwa ry'uwo mugambi wo kwiyahura.

Urukiko rwavuze ko Noeila agomba kuzarwitaba akaza akagaragaza impamvu nyamukuru yifuza ko Urukiko rwamuha uburenganzira bwo kuva kuri iyi si.

Gusa ntabwo higeze hatangazwa igihe Noeila  agomba kwitaba Urukiko.

Bagabo John