•     

Yesu yagiye kwishinganisha kuri Polisi

Umuyobozi w'itorero New Jerusalem riherereye Bungoma muri Kenya, Eliud Simiyu uzwi nka ‘Yesu wa Tongaren, yagiye kwishinganisha kuri Polisi kuko ubuzima bwe bushobora kujya mu kaga.

Yesu yagiye kwishinganisha kuri Polisi
Yesu wo muri Kenya yagiye kwi shinganisha kuri Polisi

Intandaro ya Yesu yatumye ajya kuri Polisi kwishinganisha, nuko abayoboke be bavuze ko ku wagatanu mutagatifu bagomba ku za mu bamba ku musaraba hanyuma akababara nkuko Yesu bya mugendekeye hanyuma bakana mwica agategereza kuzuka kuri Pasika.

Nyuma yo kumva ayo makuru, uyu Yesu yahise agira ubwoba ajya kuri Polisi kwi shinganisha kugirango nihagira ikibi kimibaho ku wagatanu mutagatifu inzego z'umutekano zizabe zibizi.

           Yesu wo muri Kenya

Bamwe mu bayoboke ba Yesu, bamubwiye ngo nareke kugira ubwoba kuko na Yesu ntabwo yigeze atinya.

Uyu Yesu wa Tongaren, abayoboke be bamufata nka Yesu nyirizina uvugwa muri Bibiriya kubera ibitangaza abizeza.

Bagabo John

Yesu yagiye kwishinganisha kuri Polisi

Yesu yagiye kwishinganisha kuri Polisi
Yesu wo muri Kenya yagiye kwi shinganisha kuri Polisi

Umuyobozi w'itorero New Jerusalem riherereye Bungoma muri Kenya, Eliud Simiyu uzwi nka ‘Yesu wa Tongaren, yagiye kwishinganisha kuri Polisi kuko ubuzima bwe bushobora kujya mu kaga.

Intandaro ya Yesu yatumye ajya kuri Polisi kwishinganisha, nuko abayoboke be bavuze ko ku wagatanu mutagatifu bagomba ku za mu bamba ku musaraba hanyuma akababara nkuko Yesu bya mugendekeye hanyuma bakana mwica agategereza kuzuka kuri Pasika.

Nyuma yo kumva ayo makuru, uyu Yesu yahise agira ubwoba ajya kuri Polisi kwi shinganisha kugirango nihagira ikibi kimibaho ku wagatanu mutagatifu inzego z'umutekano zizabe zibizi.

           Yesu wo muri Kenya

Bamwe mu bayoboke ba Yesu, bamubwiye ngo nareke kugira ubwoba kuko na Yesu ntabwo yigeze atinya.

Uyu Yesu wa Tongaren, abayoboke be bamufata nka Yesu nyirizina uvugwa muri Bibiriya kubera ibitangaza abizeza.

Bagabo John