•     

Intsinzi ya Taifa Stars ni Icyubahiro ku bitabye Imana 29 Ukwakira- Umutoza Gamond

Nyuma yaho Ikipe y’Igihugu ya Tanzania ‘Taifa Stars’ igeze muri muri 1/8 cy’Igikombe cya Afurika, Umutoza wayo Miguel Gamond yatangaje ko umusaruro babonye aufata nk'icyubahiro kigomba guhabwa abantu byitabye Imana mu myigaragambyo yakurikiye amatora.

Intsinzi ya Taifa Stars ni Icyubahiro ku bitabye Imana 29 Ukwakira- Umutoza Gamond
Intsinzi ya Taifa Stars ni Icyubahiro ku bitabye Imana 29 Ukwakira

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 30 Ukuboza 2025, ni bwo hakinwe imikino ya nyuma aho Tanzania yahuye na   Tunisia maze banganya igiteko 1-1 

Nyuma yaho Tanzania igeze muri 1/8 cy'igikombe cya Afurika ariko ikazamuka nk'ikipe yatsinzwe neza, Umutoza w'ikipe y'igihugu ya Taifa Stars. Miguel Gamond yahise atangaza ko Umusaruro babonye aufata nk'icyubahiro kigomba guhabwa abantu bitabye Imana mu myigaragambyo yakurikiye amatora aheruka mu kwezi kwa Ukwakira 2025.

Ati" Iyintsinzi n'iyingenzi cyane ku  mupira w'amaguru muri Tanzania,  umusaruro twabonye ndaufata nk'icyubahiro kigomba guhabwa abantu bitabye Imana mu myigaragambyo yakurikiye amatora aheruka muri iki gihugu".

Ikipe ya Tanzania Taifa Stars, izasubira mu kibuga  tariki 4 Mutarama 2026 aho izakina na Maroc

Bagabo John

Intsinzi ya Taifa Stars ni Icyubahiro ku bitabye Imana 29 Ukwakira- Umutoza Gamond

Intsinzi ya Taifa Stars ni Icyubahiro ku bitabye Imana 29 Ukwakira- Umutoza Gamond
Intsinzi ya Taifa Stars ni Icyubahiro ku bitabye Imana 29 Ukwakira

Nyuma yaho Ikipe y’Igihugu ya Tanzania ‘Taifa Stars’ igeze muri muri 1/8 cy’Igikombe cya Afurika, Umutoza wayo Miguel Gamond yatangaje ko umusaruro babonye aufata nk'icyubahiro kigomba guhabwa abantu byitabye Imana mu myigaragambyo yakurikiye amatora.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 30 Ukuboza 2025, ni bwo hakinwe imikino ya nyuma aho Tanzania yahuye na   Tunisia maze banganya igiteko 1-1 

Nyuma yaho Tanzania igeze muri 1/8 cy'igikombe cya Afurika ariko ikazamuka nk'ikipe yatsinzwe neza, Umutoza w'ikipe y'igihugu ya Taifa Stars. Miguel Gamond yahise atangaza ko Umusaruro babonye aufata nk'icyubahiro kigomba guhabwa abantu bitabye Imana mu myigaragambyo yakurikiye amatora aheruka mu kwezi kwa Ukwakira 2025.

Ati" Iyintsinzi n'iyingenzi cyane ku  mupira w'amaguru muri Tanzania,  umusaruro twabonye ndaufata nk'icyubahiro kigomba guhabwa abantu bitabye Imana mu myigaragambyo yakurikiye amatora aheruka muri iki gihugu".

Ikipe ya Tanzania Taifa Stars, izasubira mu kibuga  tariki 4 Mutarama 2026 aho izakina na Maroc

Bagabo John