•     

Kiliziya gatolika yahinduye ubwoko bwa Divayi

Kiliziya gatolika mu gihugu cya Kenya, yamuritse ku mugaragaro ubwo bwa Divayi nshya isimbura iyarisanzwe ikoreshwa mu gitambo cya misa.

Kiliziya gatolika  yahinduye ubwoko bwa Divayi
Kiliziya gatolika yahinduye ubwoko bwa Divayi

Kiliziya gatolika yatangaje ko igiye kujya ikoresha Divayi Nshya isimbura isanzwe ikoresha, nubwo hatatangajwe impamvu kiriziya yasimbuje Divayi,. Hari amakuru  yacukumbuye avuga ko impamvu Kenya yahisemo gusimbuza Divayi  ngo nuko iyari sanzwe ikoreshwa  isigaye ikoreshwa mu tubari, mu Mahotel ndwtse no mu muri za Butike.

Musenyeri Mukuru Maurice Muhatia, yavuze ko kuba bahinduye Divayi bitaturitse i Roma ahubwo ari kiliziya yicaye igasanga byari ngombwa ko bafata icyo kemezo.
Iyo Divayi izajya iruruka muri Afirika y'epfo niyo izajya ikoreshwa muri kiliziya zose zo muri Kenya. 

Bagabo John

Kiliziya gatolika yahinduye ubwoko bwa Divayi

Kiliziya gatolika  yahinduye ubwoko bwa Divayi
Kiliziya gatolika yahinduye ubwoko bwa Divayi

Kiliziya gatolika mu gihugu cya Kenya, yamuritse ku mugaragaro ubwo bwa Divayi nshya isimbura iyarisanzwe ikoreshwa mu gitambo cya misa.

Kiliziya gatolika yatangaje ko igiye kujya ikoresha Divayi Nshya isimbura isanzwe ikoresha, nubwo hatatangajwe impamvu kiriziya yasimbuje Divayi,. Hari amakuru  yacukumbuye avuga ko impamvu Kenya yahisemo gusimbuza Divayi  ngo nuko iyari sanzwe ikoreshwa  isigaye ikoreshwa mu tubari, mu Mahotel ndwtse no mu muri za Butike.

Musenyeri Mukuru Maurice Muhatia, yavuze ko kuba bahinduye Divayi bitaturitse i Roma ahubwo ari kiliziya yicaye igasanga byari ngombwa ko bafata icyo kemezo.
Iyo Divayi izajya iruruka muri Afirika y'epfo niyo izajya ikoreshwa muri kiliziya zose zo muri Kenya. 

Bagabo John