•     

Leta igiye gusuzuma ikibazo cy'Amashuri yigisha ubutinganyi

Leta ya Tanzania binyuze muri Minisiteri y'Uburezi igiye gutangira iperereza ku bigo by'amashuri bivugwa ko byigisha abanyeshuri isomo ry'ubutinganyi

Leta igiye gusuzuma ikibazo cy'Amashuri yigisha ubutinganyi
Hagiye gusuzumwa ikibazo cy'amashuri yigisha ubutinganyi

Nyuma yaho mu minsi ishize hari ikinyamakuru cyatangaje ko hari amashuri mu Ntara ya Kilimanjaro yigisha abanyeshuri isomo ry'ubutinganyi, Minisitiri w'Uburezi  Profeseri Adolf Mkenda, kuri uyu wa 17 Mutarama 2023 yatangaje ko hari itsinda ryoherejwe ririmo abayobizi bafite aho bahuriye n'unurezi ndetse n'abanyamategeko kugirango basuzume ibyicyo kibazo.

Minisitiri Mkenda, yavuze ko yamaze ku vugana numukuru w'Intara ya Kilimanjaro ngo niba hari uwaba yaragize uruhare mu kwigisha ubutinganyi  ko akwiriye guhita atabwa muri yombi.

Gusa nubwo hatangajwe intara  bivugwa ko harimo ibigo byigisha ubutinganyi , nta kigo cy'amashuri  cyaba gicyekwa ko kigisha iryo somo ryo gufata ku ngufu., usibye gutegereza ibizava mu iperereza.

Bagabo John.

Leta igiye gusuzuma ikibazo cy'Amashuri yigisha ubutinganyi

Leta igiye gusuzuma ikibazo cy'Amashuri yigisha ubutinganyi
Hagiye gusuzumwa ikibazo cy'amashuri yigisha ubutinganyi

Leta ya Tanzania binyuze muri Minisiteri y'Uburezi igiye gutangira iperereza ku bigo by'amashuri bivugwa ko byigisha abanyeshuri isomo ry'ubutinganyi

Nyuma yaho mu minsi ishize hari ikinyamakuru cyatangaje ko hari amashuri mu Ntara ya Kilimanjaro yigisha abanyeshuri isomo ry'ubutinganyi, Minisitiri w'Uburezi  Profeseri Adolf Mkenda, kuri uyu wa 17 Mutarama 2023 yatangaje ko hari itsinda ryoherejwe ririmo abayobizi bafite aho bahuriye n'unurezi ndetse n'abanyamategeko kugirango basuzume ibyicyo kibazo.

Minisitiri Mkenda, yavuze ko yamaze ku vugana numukuru w'Intara ya Kilimanjaro ngo niba hari uwaba yaragize uruhare mu kwigisha ubutinganyi  ko akwiriye guhita atabwa muri yombi.

Gusa nubwo hatangajwe intara  bivugwa ko harimo ibigo byigisha ubutinganyi , nta kigo cy'amashuri  cyaba gicyekwa ko kigisha iryo somo ryo gufata ku ngufu., usibye gutegereza ibizava mu iperereza.

Bagabo John.