•     

Lieutenant w'ikiwani witwa Emmanuel yatawe muriyombi na Polisi

Umusore witwa Emmanuel Mapana utuye mu gace kitwa Sima mu mujyi wa Bariadi mu Ntara ya Simiyu muri Tanzania, yatawe muriyombi na Polisi azira gutunga imyenda y'ikigisirikare cya Tanzania ndetse n'impeta za gisirikare mu buryo bunyuranyije n'amategeko.

Lieutenant  w'ikiwani witwa Emmanuel yatawe muriyombi na Polisi
Umusore witwa Emmanuel Mapana yatawe muriyombi azira gutunga imyenda yagisirikare cya Tanzania ndetse n'impeta za gisirikare

Uyu Emmanuel Mapana ufite imyaka 24, yatawe muriyombi nyuma y'igihe ahigishwa uruhindu na Polisi kubera ko yari yarigize Umukozi wa Leta mu ingabo z'igihugu kandi ari Umusivire.

Polisi yatanganje ko uyu Emmanuel yatawe muriyombi kumanywa ahagana saa sita na 30' zo kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Gashyantare 2025., aho bamusanganye imyenda yagisirikare cya Tanzania ndetse n'impeta za gisirikare zifite ibirango by'inyenyeri ebyiri, umuntu wambara ibi birango mu ingabo z'igihugu akaba yitwa Lieutenant (Lt)

Mu minsi ishize Igisirikare cya Tanzania cyari cyatangaje ko abantu bose bafite imyenda ya Gisirikare ko bahawe imbabazi ku Muntu uzayishyikiriza urwego rumwegereye kuburyo atazakurikiranwa  ariko ngo ntabwo byigeze byubahirizwa kubantu bafite iyo myenda.

Bagabo John

Lieutenant w'ikiwani witwa Emmanuel yatawe muriyombi na Polisi

Lieutenant  w'ikiwani witwa Emmanuel yatawe muriyombi na Polisi
Umusore witwa Emmanuel Mapana yatawe muriyombi azira gutunga imyenda yagisirikare cya Tanzania ndetse n'impeta za gisirikare

Umusore witwa Emmanuel Mapana utuye mu gace kitwa Sima mu mujyi wa Bariadi mu Ntara ya Simiyu muri Tanzania, yatawe muriyombi na Polisi azira gutunga imyenda y'ikigisirikare cya Tanzania ndetse n'impeta za gisirikare mu buryo bunyuranyije n'amategeko.

Uyu Emmanuel Mapana ufite imyaka 24, yatawe muriyombi nyuma y'igihe ahigishwa uruhindu na Polisi kubera ko yari yarigize Umukozi wa Leta mu ingabo z'igihugu kandi ari Umusivire.

Polisi yatanganje ko uyu Emmanuel yatawe muriyombi kumanywa ahagana saa sita na 30' zo kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Gashyantare 2025., aho bamusanganye imyenda yagisirikare cya Tanzania ndetse n'impeta za gisirikare zifite ibirango by'inyenyeri ebyiri, umuntu wambara ibi birango mu ingabo z'igihugu akaba yitwa Lieutenant (Lt)

Mu minsi ishize Igisirikare cya Tanzania cyari cyatangaje ko abantu bose bafite imyenda ya Gisirikare ko bahawe imbabazi ku Muntu uzayishyikiriza urwego rumwegereye kuburyo atazakurikiranwa  ariko ngo ntabwo byigeze byubahirizwa kubantu bafite iyo myenda.

Bagabo John