•     

Nyuma yogupfusha umugore we yahise atera ivi yambika nyirabukwe impeta ngo azamubere umugore

Umugabo utatangajwe amazina ye n'igihugu akomokamo, yatunguye abantu ubwo yashyiraga ubutumwa kuri Facebook avuga ko agiye gushaka nyirabukwe nyuma yo gupfusha umugore we.

Nyuma yogupfusha umugore we yahise atera ivi yambika nyirabukwe impeta ngo azamubere umugore
Yateye ivi yambika nyirabukwe impeta aho ashaka gukora ubukwe.

Uyu  mugabo ufite imyaka 46, nyuma yo kugira ibyago agapfusha umugore we wari ufite inyaka 34. Yahisemo gushaka nyirabukwe kuko ngo adashaka ko hari undi mugore yazana mu ri urwo rugo.

Umugabo wapfushije umugore yahisemo gushaka nyirabukwe

Uyu mugore ugiye gushakwa n'umukwe we, asanzwe ari umupfakazi afite imyaka 57

Uwo mugabo yamaze kwambika impeta uwo nyirabukwe aho bariho bategura gukora ubukwe.

Uwo mugabo ugiye gushaka nyirabukwe, afite abana batatu harimo abahungu babiri n'umukobwa umwe yasigiwe n'umugore we wambere.

Bagabo John

Nyuma yogupfusha umugore we yahise atera ivi yambika nyirabukwe impeta ngo azamubere umugore

Nyuma yogupfusha umugore we yahise atera ivi yambika nyirabukwe impeta ngo azamubere umugore
Yateye ivi yambika nyirabukwe impeta aho ashaka gukora ubukwe.

Umugabo utatangajwe amazina ye n'igihugu akomokamo, yatunguye abantu ubwo yashyiraga ubutumwa kuri Facebook avuga ko agiye gushaka nyirabukwe nyuma yo gupfusha umugore we.

Uyu  mugabo ufite imyaka 46, nyuma yo kugira ibyago agapfusha umugore we wari ufite inyaka 34. Yahisemo gushaka nyirabukwe kuko ngo adashaka ko hari undi mugore yazana mu ri urwo rugo.

Umugabo wapfushije umugore yahisemo gushaka nyirabukwe

Uyu mugore ugiye gushakwa n'umukwe we, asanzwe ari umupfakazi afite imyaka 57

Uwo mugabo yamaze kwambika impeta uwo nyirabukwe aho bariho bategura gukora ubukwe.

Uwo mugabo ugiye gushaka nyirabukwe, afite abana batatu harimo abahungu babiri n'umukobwa umwe yasigiwe n'umugore we wambere.

Bagabo John