•     
Chief Editor

Chief Editor

Last seen: 4 hours ago

Member since Jun 26, 2022 bagabojohn@gmail.com

Following (0)

Followers (0)

Iyobokamana

Pasiteri yicishijwe amabuye nyuma yogufatwa nawe avuye...

Umupasiteri wo mu itorero ritaramenyekana yishwe n'abaturage nyuma yaho afashwe avuye kwica abo barikumwe bakiruka

Ubutabera

Urukiko rwategetse ko umurambo washyinguwe muri 2020 utabururwa

Urukiko rwo muri Tanzania ahitwa Kivukoni (Kinondoni) muri Dar es Salaam, rwategetse ko umurambo w'umugore witwa Stella Moses utabururwa...

Imyidagaduro

Kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ngo n'ikimenyetso...

Umuhanga mu by'imitekerereze ya muntu wize ibijyanye n'imitekerereze yavuze ko kwambara imyenda mishya ku minsi mikuru ari ikimenyetso...

Ubutabera

Yashyinguye umwana we ari muzima kuko yamubangamira gukora...

Umubye w'imyaka 19 yashyinguye umwana we w'ibyumweru bibiri aho yavuze ko yamubangamiraga gukora uburaya

Iyobokamana

Banze ku mushyingura ngo yasize avuze ko azazuka

Pasiteri witwa Abdiel Raphael wo mwitorero ritaramenyekana muri Tanzania mu ntara ya Geita, Umuryango we wanze ku mushyingura kuko...

Amakuru

Umunyamakuru yitabye Imana ari mu kazi

Umunyamakuru wo muri Tanzania ukorera Radio y'Igihugu TBC mu ntara ya Manyara witwa Joachim Kapembe yitabye Imana ahanutse ku musozi...

Amakuru

Ntimuzarye Ruswa cyangwa ngo mutorokeshe Abagororwa"Minisitiri...

Abanyeshuri 444 basoje amasomo y'ibanze mu kigo kigihugu gishinzwe igorora RCS i Rwamagana basabwe kwirinda kuzarya Ruswa cyangwa...

Ubuzima

Abagabo barwaye Kanseri y'ibere ngo baribazi ko ituruka...

Bamwe mu bagabo bagize ibyago byo byo kurwara Kanseri y'ibere, ngo bari bazi ko arindwara ituruka mu Mashereka kubera ko abagore aribo...

Iyobokamana

Umugeni wagaragaye yambaye agatimba ku mukara yavugishe...

Umukobwa witwa Dasplang Rinset Lisa wo mugihugu cya Nigeria yaciye ibintu ubwo yasohoraga amafoto ku mbuga nkoranyambaga yambaye agatimba...

Ubutabera

Indaya yagabanyije igiciro ikubitwa nangenzi yayo izakabwana

Bapfuye umukiriya bitewe nuko yagabanyije ibiciro uko bihagaze ku soko ry'indaya