Ubuyobozi bukuru bwa RMC bwamenyesheje abujuje ibisabwa kandi babyifuza ko igihe cyo kwiyandikisha ku bifuza gufashwa muri gahunda ya Scholarship na Islam Development Bank IsDB cyongerewe kugeza tariki ya 30 Mata 2024 nkuko itangazo ri bigaragaza.
Itangazo rya RMC Rwanda Muslim Community rimenyesha ko ryongereye igihe ku biyandikisha bashaka Scholarship
Bagabo John