Abantu batandatu harimo bane bo mu muryango umwe bapfiriye mu mpanuka y'imodoka yabereye mu gace ka Inala mu ntara ya Tabora, ubwo bavaga i Dar es Salaam berekeza mu karere ka Urambo Tabora mu muhango wo gushyingura nyina w'umwe mu bapfuye
Iyi mpanuka yabaye
mu mpera ziki cyumweru nimugoroba, ubwo abatangabuhamya bavuga ko imodoka nto yavuye mu nzira ikagonga ikamyo yavaga i Tabora yerekeza i Singida.
Nkuko ibinyamakuru byo muri Tanzania bya bitangaje.
Bagabo John