•     

Tanzania: Abantu 6 barimo 4 bo mu muryango umwe baguye mu mpanuka bagiye gushyingura.

Abantu batandatu harimo bane bo mu muryango umwe bapfiriye mu mpanuka y'imodoka yabereye mu gace ka Inala mu ntara ya Tabora, ubwo bavaga i Dar es Salaam berekeza mu karere ka Urambo Tabora mu muhango wo gushyingura nyina w'umwe mu bapfuye

Tanzania: Abantu 6 barimo 4 bo mu muryango umwe baguye mu mpanuka bagiye gushyingura.
Abantu 6 barimo 4 bo mu muryango umwe baguye mu mpanuka ikomeye ubwo bari bagiye gushyingura.

Iyi mpanuka yabaye  
mu mpera ziki cyumweru  nimugoroba, ubwo abatangabuhamya bavuga ko imodoka nto yavuye mu nzira ikagonga ikamyo yavaga i Tabora yerekeza i Singida.

Nkuko ibinyamakuru byo muri Tanzania bya bitangaje.

Bagabo John

Tanzania: Abantu 6 barimo 4 bo mu muryango umwe baguye mu mpanuka bagiye gushyingura.

Tanzania: Abantu 6 barimo 4 bo mu muryango umwe baguye mu mpanuka bagiye gushyingura.
Abantu 6 barimo 4 bo mu muryango umwe baguye mu mpanuka ikomeye ubwo bari bagiye gushyingura.

Abantu batandatu harimo bane bo mu muryango umwe bapfiriye mu mpanuka y'imodoka yabereye mu gace ka Inala mu ntara ya Tabora, ubwo bavaga i Dar es Salaam berekeza mu karere ka Urambo Tabora mu muhango wo gushyingura nyina w'umwe mu bapfuye

Iyi mpanuka yabaye  
mu mpera ziki cyumweru  nimugoroba, ubwo abatangabuhamya bavuga ko imodoka nto yavuye mu nzira ikagonga ikamyo yavaga i Tabora yerekeza i Singida.

Nkuko ibinyamakuru byo muri Tanzania bya bitangaje.

Bagabo John