•     

Politiki

Sri Lanka: Perezida yahungishijwe igitaraganya kubera imyigaragambyo.

Perezida wa Sri Lanka, Gotabaya Rajapaksa kuri uyu 9 Nyakanga 2022, yimuwe jyanwa ahantu hizewe nyuma y'imyigaragambyo y'abaturage...

Tanzani: Perezida Samia yakoze impinduka.

Kuri uyu wa 9 Nyakanga 2022 Perezida wa Tanzania Samia Hassan Suluhu yahaye inshingano Kedmon Mapana.

Ntabwo nezezwa no kuvuga intambara mu buryo budafite rutangira"...

Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n'ikinyamakuru France24 cyari kiyobowe n'Umunyamakuru Marc Perelman cyatambutse kuri uyu...

Mu matora abaturage bahitamo uwo bashaka.” Perezida Kagame"

Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n'ikinyamakuru cy'abafaransa France 24 kuri uyu wa 8 Nyakanga 2022. Yabajijwe niba azongera...

Abayobozi bakomeye ku isi babajwe n'urupfu rwa Abe Shinzo.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, abayobozi batandukanye ku isi harimo n'ibyamamare bagaragaje ko batunguwe n'urupfu rw'uwahoze ari...

Breaking : Shinzo Abe yitabye Imana

Ibiro ntaramakuru by'Ubuyapani bivuga ko Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubuyapani yapfuye.

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani Shinzo Abe...

Ibi byabaye ubwo Abe yagezaga ijambo ku baturage bari bateraniye ahitwa Nara. Ari kwiyamamariza kuzaba umusenateri.

DRC: Ntabwo tuzava muri Kongo kuko turi abenegihugu" Maj...

Umuvugizi M23, Maj Willy Ngoma, yatangaje ko atazava muri DRC ku ko ari abenegihugu ba DRC kandi ko badashobora kuva mu gihugu.

Breaking: Minisitiri w'intebe Boris Johnson amaze kwegura

Boris Johnson,Minisitiri w'intebe w'ubwongereza yeguye ku mwanya w’ishyaka ry’abadashyigikira impinduka, Conservative, ni nyuma y’igitutu...

M23 yafashe umujyi wa Rutschuru na Busanza

Busanza yagenzurwaga n’umutwe wa RUD-Urunana n’umujyi wa Rutschuru wagenzurwaga na FDLR, ubu biri mu maboko ya M23 nyuma yo gukubita...