•     

Tanzania: Samia yatanze imbabazi kurubyiruko, ruzitera utwatsi

Kuri uyu wa kane tariki ya 14 Ugushyingo 2025, Perezida wa Tanzania Samia Hasan Suluhu, ubwo yatangizaga inteko Ishinga Amategeko Nshya ya 13, mu ijambo rye yavuze ko atanze imbabazi ku rubyiruko rwagiye mu kigare rukijandika mu myigaragambyo yakurikiye Amatora, ariko izo mbabazi yatanze urubyiruko rwaziteye utwatsi.

Tanzania: Samia yatanze imbabazi kurubyiruko, ruzitera utwatsi
Samia yatanze imbabazi kurubyiruko, narwo rubitera utwatsi

Perezida Samia yisunze ingingo ya 91 mu gaka kayo ka mbere, maze avuga ko atanze imbabazi kurubyiruko rwagendeye mu kigare rukijandika mu myigaragambyo yabaye nyuma y'Amatora,  maze ategeka ko ruhita rurekurwa rugasubira mu miryango yabo.

Yagize ati"  Twebwe ababyeyi banyu iyo dufata imyanzuro nkiyo mwafashe, uyu munsi Tanzania ntabwo yakabaye ifite umugisha n' iterambere mureba uyu munsi,  nibyiza rero ko dukora ibikwiye." 

Gusa nyuma yaho Perezida Samia amaze gutanga izo mbabazi, urubyiruko twahise rujya ku mbuga nkoranyambaga maze ruvuga ko izo mbabazi rutazishaka kuko ngo ntabwo ruri abanabe, ahubwo ngo nabo bari gutegura   imbwirwa ruhame yabo   tariki ya 9 Ukuboza aho bavuze ko bazerekeza kuri Perezidanse.

Hamaze iminsi urubyiruko rwa Tanzania ruvuga ko ruriho rutegura imyigaragambyo simusiga tariki ya 9 Ukuboza uyu mwaka.


Bagabo John

Tanzania: Samia yatanze imbabazi kurubyiruko, ruzitera utwatsi

Tanzania: Samia yatanze imbabazi kurubyiruko, ruzitera utwatsi
Samia yatanze imbabazi kurubyiruko, narwo rubitera utwatsi

Kuri uyu wa kane tariki ya 14 Ugushyingo 2025, Perezida wa Tanzania Samia Hasan Suluhu, ubwo yatangizaga inteko Ishinga Amategeko Nshya ya 13, mu ijambo rye yavuze ko atanze imbabazi ku rubyiruko rwagiye mu kigare rukijandika mu myigaragambyo yakurikiye Amatora, ariko izo mbabazi yatanze urubyiruko rwaziteye utwatsi.

Perezida Samia yisunze ingingo ya 91 mu gaka kayo ka mbere, maze avuga ko atanze imbabazi kurubyiruko rwagendeye mu kigare rukijandika mu myigaragambyo yabaye nyuma y'Amatora,  maze ategeka ko ruhita rurekurwa rugasubira mu miryango yabo.

Yagize ati"  Twebwe ababyeyi banyu iyo dufata imyanzuro nkiyo mwafashe, uyu munsi Tanzania ntabwo yakabaye ifite umugisha n' iterambere mureba uyu munsi,  nibyiza rero ko dukora ibikwiye." 

Gusa nyuma yaho Perezida Samia amaze gutanga izo mbabazi, urubyiruko twahise rujya ku mbuga nkoranyambaga maze ruvuga ko izo mbabazi rutazishaka kuko ngo ntabwo ruri abanabe, ahubwo ngo nabo bari gutegura   imbwirwa ruhame yabo   tariki ya 9 Ukuboza aho bavuze ko bazerekeza kuri Perezidanse.

Hamaze iminsi urubyiruko rwa Tanzania ruvuga ko ruriho rutegura imyigaragambyo simusiga tariki ya 9 Ukuboza uyu mwaka.


Bagabo John