Posts
Ishuri ntanga rugero Maranatha ryatangiye kwandika abifuza...
Ishuri Maranatha High School ryatangiye kwandika abana biufuza kuhiga mu mwaka wambere n'uwakabiri mu mashuri y'isumbuye. Abyeyi mwifuza...
Umwana yihanije ababyeyi be ababwirako azabakenera umunsi...
Muri Kenya haravugwa inkuru y'umwana w'umukobwa wihanije bwanyuma ababyeyi be kutazongera ku muhamagara kuko adateze kubakenera mubuzima...
Maranatha High School ishuri ntangarugero mugutanga ireme...
Babyeyi mwifuza kwigisha umwana wawe agahabwa uburezi bufite ireme rishingiye ku bumenyi, tubarangiye ishuri ryitwa Maranatha High...
Ethiopia: Ntamuyobozi uzongera guhabwa Dogitora y'icyubahiro
Minisiteri y'iburezi muri Ethiopia yatangaje ko ntamukozi wa leta cyangwa umunyapolitiki uzongera guhabwa impamyabumenyi y'ikirenga...
Umudepite yiyahuriye mu nteko
Umudepite womuri Finland witwa Eemeli Peltone, yitabye Imana aho bivugwa ko yiyahuriye munzu inteko ishinga amategeko ikorera.
Minisiteri y'uburezi yashyize hanze igihe amanota y'abanyeshuri...
Itangazo rireba gusohora amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6) n’ay’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ndetse...
Twishimiye iyi gahunda kandi ntagushidikanya izatugeza...
Umuyobozi w'urubyiruko mu ishyaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije (DGPR) Murenzi Jean De Dieu yatangaje ko urubyiruko...
Muri inkingi zikomeye z'ishyaka ndetse n'igihugu - Hon...
Depite Icyizanye Masozera yabwiye abagore n'urubyiruko ko ari inkingi z'ishyaka ryabo ndetse n'igihugu muri rusanga, ibi Hon Masozera...
Hon Ntezimana yasabye abayoboke ba Green Party kudatinya...
Umunyamabanga w'ishaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije (DGPR)Hon Depite Ntezimana Jean Claude yasabye abarwanashyaka...
Sam Karenzi yasubije Ruhumuriza wamusabaga gusaba imbabazi
Umunyamakuru Sam Karenzi akaba na nyiri Radio SK fm, yasubije uwitwa Ruhumuriza kuri X wari banditse ubutumwa asaba Samu karenzi gusaba...


