•     

u Buhinde: Abantu 100 bitabye Imana bazira Ubushyuhe

Amakuru aturuka mu Buhinde aravuga ko abantu basaga 100 bitabye Imana mu bihe bitandukanye bazira ubushyuhe bukabije bumaze iminsi muri icyo gihugu

u Buhinde: Abantu 100  bitabye Imana bazira Ubushyuhe
Abantu 100 bitabye Imana bazira ubushyuhe bukabije

Abitabye Imana ni abatuye mu intara ebyiri zituwe cyane   Uttah Pradesh, iherereye mu Burengerazuba ndetse na   Bihar iherereye mu Burasirazuba. 

Inzego zasabye abantu bafite imyaka guhera kuri 60 ndetse n'abafite uburwayi butandukanye kuguma mu mazu zabo mu masaha ya kumanywa.

Abitabye Imana nabari bageze mu zabukuru ndetse nabari bafite indwara zidakira

nzego z'ubuzima zo mugace ka   Ballia S.K Yadav  zavuze ko abantu basaga 300 batwawe mu bitaro ku wagatanu ushize biturutse ku bushyuhe bukabije.


Bagabo John

u Buhinde: Abantu 100 bitabye Imana bazira Ubushyuhe

u Buhinde: Abantu 100  bitabye Imana bazira Ubushyuhe
Abantu 100 bitabye Imana bazira ubushyuhe bukabije

Amakuru aturuka mu Buhinde aravuga ko abantu basaga 100 bitabye Imana mu bihe bitandukanye bazira ubushyuhe bukabije bumaze iminsi muri icyo gihugu

Abitabye Imana ni abatuye mu intara ebyiri zituwe cyane   Uttah Pradesh, iherereye mu Burengerazuba ndetse na   Bihar iherereye mu Burasirazuba. 

Inzego zasabye abantu bafite imyaka guhera kuri 60 ndetse n'abafite uburwayi butandukanye kuguma mu mazu zabo mu masaha ya kumanywa.

Abitabye Imana nabari bageze mu zabukuru ndetse nabari bafite indwara zidakira

nzego z'ubuzima zo mugace ka   Ballia S.K Yadav  zavuze ko abantu basaga 300 batwawe mu bitaro ku wagatanu ushize biturutse ku bushyuhe bukabije.


Bagabo John